Imikino

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yaneze abayobozi b'iyi kipe batayikurikiranira hafi ngo bagerehe naho ikorera imyitozo kandi ari wo mutima wa Rayon Sports
FERWAFA yemeje ko guhera mu mwaka w’imikino wa 2025/2026, amakipe yo mu cyiciro cya mbere (Rwanda Premier League) azaba yemerewe gushyira mu kibuga abakinnyi b'abanyamahanga umunani
Ikipe y'u Rwanda Amavubi yatsinze ikipe y'Igihugu ya Zimbambwe, igitego 1-0 mu mukino wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yahaye ikazendetse anagenera ubutumwa abakora mu rwego rw'itangazamakuru bazitabira Shampiyona y'Isi y'Amagare
Umunyamakuru w'imikino Ndayishimiye Reagan uri mu bakunzwe na benshi yongeye kumvikana kuri radiyo nyuma yo gufungurwa
Umunye-Ghana Richmond Lamptey yashimiye APR FC n'abakunzi bayo ku bihe byiza bagiranye, mbere y'uko yerekeza mu ikipe nshya yo muri Libya
Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda, Amavubi yageze muri Afurika y’Epfo, aho yitegura guhura na Zimbambwe mu mukino wayo wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Bacary Sagna, wahoze akinira Arsenal, na Javier Pastore wahoze akinira Paris Saint-Germain (PSG), basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi yatsinzwe na Super Eagles yo muri Nigeria igitego 1-0, mu mukino wa karindwi wo gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026
Umujyi wa Kigali watangaje imihanda izakoreshwa na bisi, amakamyo ndetse n’indi ishobora kunyurwamo, mu gihe imihanda isanzwe izaba irimo gukoreshwa mu Irushanwa ry’Isi ry’Amagare (UCI Road World Championships 2025).