Imikino

Marines FC yatsindiye Mukura VS&L i Rubavu kuri Stade Umuganda ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’u Rwanda.
Muri byinshi yahushije, APR FC yatsinze Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026, abakinnyi b’Abayisilamu bakinira APR FC, bifatanyije na bagenzi babo bo mu Rwanda ndetse no ku Isi yose, mu isengesho risoza ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan
Mu gihe habura iminsi icyenda gusa ngo irushanwa rya FIFA Series ritangira, abasifuzi bane b'Abanyarwanda batoranyijwe kuzasifura iyi mikino
Ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Werurwe 2026, nibwo ku Kicaro cy'Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, habereye ikiganiro n'itangazamakuru cyagarutse ku kwerekana umutoza mushya w'ikipe y'Igihugu y'u Rwanda ,Amavubi, ndetse no gutangaza ku mugaragaro urutonde rw'abakinnyi u Rwanda ruzifashisha mu mikino ya gicuti ya ,FIFA Series, itegerejwe kubera i Kigali mu minsi iri imbere.
Umunya-Argentine Marco Trungelliti yegukanye Irushanwa rya Tennis rizwi nka Rwanda Challenger 2026, atsinze Umutaliyani Marco Cecchinato amaseti 2-1 [4–6, 6–0, 6–3], mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame.
Ikipe ya Police FC na Rayon Sports FC zaguye miswi mu mukino ubanza wa ¼ w’igikombe cy’Amahoro ziha umukoro wo gukosora byinshi mu mukino wo kwishyura.
Umwongereza Stephen Constantine, watoje mu Rwanda mu 2014 kugera 2015 yatangajwe nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu 'Amavubi' mu gihe cy'imyaka ibiri iri imbere