Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yavuze ko kuba u Rwanda rwaratoranyijwe ku mugabane wa Afurika ngo rwakire shampiyona y’isi y’amagare ari uko ari igihugu gihora kiteguye kwakira neza amarushanwa atandukanye.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa,ryageneye agahimbazamusyi ikipe ya Rayon Sports WFC, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa Cecafa iri kubera muri Kenya.
Ku nshuro ya mbere mu mateka, Shampiyona y'Isi y'Amagare igiye kubera ku mugabane wa Afurika, mu gihugu cy'u Rwanda, mu Mujyi wa Kigali, guhera ku itariki ya 21 - 28 Nzeri 2025
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yaneze abayobozi b'iyi kipe batayikurikiranira hafi ngo bagerehe naho ikorera imyitozo kandi ari wo mutima wa Rayon Sports
FERWAFA yemeje ko guhera mu mwaka w’imikino wa 2025/2026, amakipe yo mu cyiciro cya mbere (Rwanda Premier League) azaba yemerewe gushyira mu kibuga abakinnyi b'abanyamahanga umunani
Ikipe y'u Rwanda Amavubi yatsinze ikipe y'Igihugu ya Zimbambwe, igitego 1-0 mu mukino wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga