Imyidagaduro

Ese waruziko umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga , Davido akurikirana Abanyarwanda babiri bonyine ku rukuta rwe rwa Instagram ?
Intore Masamba , yatangaje ko umubyeyi we, Nyinawintore Ancille Mukarugage, witabye Imana, yaranzwe no gukunda Imana n’abantu kandi yabatoje gukunda Imana.
Umunyana Analyssa uzwi cyane mu ruhando rwa cinema nyarwanda, ku izina MAMA SAVA, yahishuye ko kuri ubu ari mu rukundo n’umusore babyaranye umwana we w’imfura
Kuri iki cyumweru , tariki 28 Nzeri 2025, nibwo hasozwaga Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 , yari imaze icyumweru ibera mu mihanda y’i Kigali.
Umuhanga mu kuvanga imiziki, Dj Brianne yasabye imbabazi abakunzi b’ibikorwa bye nyuma yuko agaragaye mu mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga atukana ibitutsi nyandagazi.
Umunyarwandakazi  umenyerewe mu kuvanga imiziki mu gihugu cya Uganda  Uwase Alisha umenyerewe cyane ku izina  rya  DJ Alisha
Igitaramo cy’urwenya Gen - Z comedy Show ni kimwe mu bitaramo bimaze kubaka izina ahanini biturutse ku buryo gihuriza hamwe : urwenya,umuziki ndetse n’ubundi buzima bw’abatura Rwanda.
Bisa nkaho bimaze kumenyerwa ko iyo aba bombi batarwanye ngo baremane inguma biba ari ibidasanzwe
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi(MoYA), ifatanyije n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi,UNESCO,ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi, bari gukora ibarura ry’abahanzi bo mu Rwanda.
Umunyarwandakazi Teta Sandra washakanye n'umuhanzi ukomoka muri Uganda, Weasel Manizo yahishuye ko kubana n'uyu mugabo bafitanye abana babiri atari ibintu byashoborwa na buri wese