Umuhanzikazi Bwiza Emerence, uri mu bagezweho kuri uyu munsi mu muziki nyarwanda kandi bahagaze neza, yahishuye ko kuri ubu nta mukunzi afite ndetse mu mupira w'amaguru ari umufana wihebeye ikipe ya Bugesera FC na FC Barcelona.
Umuhanzi Niyo Bosco ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Nzeri 2025, yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene, bamaze igihe bari mu rukundo, bakaba bitegura kubana akaramata.
Benshi batagize amahirwe yo kubana cyangwa kubona umuhanzi Minani Rwema, akiri mu mubiri, uyu munsi bahura na we binyuze mu bihangano cyangwa se bumvise indirimbo ze mu birori binyuranye by’umuco Nyarwanda birimo ubukwe, n'ibindi
Abahanzi Nyarwanda barimo King James, Bruce Melodie, Bwiza, Marina na Butera Knowless bahurijwe hamwe mu mushinga mpuzamahanga wo gusubiramo indirimbo 'Quand on est en amour' y'umuhanzi Patrick Norman
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga