Imyidagaduro

Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly yatangaje ko ahakura amafaranga ndetse n'akazi akora bidakwiye kubera umutwaro ababyibaza.
Imbuga nkoranyambaga zimaze guhindura cyane ubuzima bw’abatuye Isi, ntabwo bisaba kuba uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugirango umenye amakuru y’ibyamamare byaho
Umuhanzi Giribambe Joshua uzwi muri muzika nka Jowest, yashyize hanze mu buryo bw'amajwi n'amashusho indirimbo nshya ivuga urukundo yise “Mon Bebe”
Israel Mbonyi n’abandi bahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana baraye batanze ibyishimo n’umunezero udasanzwe mu gitaramo cya Gen Z Comedy Show
Niyonshuti Ange Tricia yateye imitoma umugabo we Dr. Muyombo Thomas, benshi bazi mu ruhando rwa muzika nka 'Tom Close', amwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 41 y’amavuko
Iseka Rusange rya 'Gen-Z Comedy Show' ryagarutse, aho abazitabira bazasusurutswa n'umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi
Umunyarwandakazi Akingeneye Olga wamamaye mu bikorwa bitandukanye byo gutinyura abafite ubumuga bitinyaga, yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we Ndoba Arthur