Inkuru Nshya

Mu karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, abantu bane bitabye Imana hakekwa inzoga banywereye mu bukwe, bikekwa ko yari ihumanye, abandi bajyanwa mu bitaro .
Umujyi wa Kigali watangarije abaturage ahantu hazaturikirizwa ibishashi byo kwishimira umwaka mushya wa 2026.
Stella Rusine Nteziryayo yahererekanyije ububasha na Kampeta Pitchette Sayinzoga yasimbuye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Banki y'Amajyambere y'u Rwanda, BRD.
Abakirisitu, abepisikopi batandukanye n'abandi bo mu muryango wa Padiri Rwasa Chrysante bamusezeyeho bwa nyuma .
Umuyobozi w’Ihuriro ry’Abanyarwandakazi bari mu Nteko Ishinga Amategeko, FFRP, Depite Uwizeye Marie Thérèse, yashimye ubuyobozi bw’Igihugu burangajwe imbere na Perezida Paul Kagame, ku bw’amahitamo bwakoze yo guteza imbere ihame ry’uburinganire no kuryinjiza muri politiki y’Igihugu
Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ushinzwe amategeko no kugenzura ibikorwa bya Guverinoma, Uwineza Beline, yerekanye impamvu zitera amakimbirane mu ngo zirimo kutumvikana ku micungire y’umutungo, ubusinzi, ubuharike n’ibindi, bikwiye kwitabwaho mu kubaka umuryango utekanye
Leta y’u Rwanda yasabye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) gushyigikira amasezerano agamije kugarura amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)
Perezida Kagame yashimye abitanze, bikagera n’aho batanga ubuzima bwabo mu rugendo rwo guharanira umutekano w'Igihugu n'uw’Abanyarwanda muri rusange
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye Urubyiruko gukoresha imbaraga rwifitemo rwubaka igihugu ariko rurangwa n'indangagaciro.
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimye ubunyamwuga n’ubwitange byaranze Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano mu mwaka wa 2025