Inkuru Nshya

Mu karere ka Rwamagana, mu ntara y’Iburasirazuba, umusore uri mu kigero cy’imyaka 30, aravugwaho gushaka kubenga umukobwa, bakamuroga gushyirwa  igitsina gore mu kiganza.
Kimenyi Yves wahoze ari Nyezamu wa APR yashimiye Muyango Claudine ku bubutumwa yamugeneye ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko amwibutsa ko azahora ari igice gikomeye cy'ubuzima bwe
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'Ihuriro rya AFC/M23, bashyize umukono ku masezerano yerekeranye n'ishyirwa mu bikorwa ryo guhagarika imirwano
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye inama y'Akanama Ngishwanama k'Umukuru w'Igihugu, PAC, yahuriyemo n'impuguke z’Abanyarwanda n’abanyamahanga mu kungurana ibitekerezo ku iterambere ry’u Rwanda
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), Dr. Frank Habineza, na Nkubana Alphonse wo mu ishyaka PSP ,kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira batorewe kuba abasenateri.
Ikipe y'abakiri bato igizwe n’abakinnyi b'u Rwanda 10 berekeje mu Budage aho bitabiriye irushanwa mpuzamahanga rya FC Bayern Youth Cup 2025
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ryasubiye mu biganiro byibanda kurebera hamwe uko imirwano uyu mutwe umazemo igihe n’ingabo za Leta ,FARDC, n’umutwe wa Wazalendo yahagarara.
Uwahoze ari Perezida wa RDC, Joseph Kabila, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Kinshasa rumukatiye urwo gupfa, yatumije inama y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi.
Polisi y'Igihugu yatangaje ko umuhanda Kigali-Muhanga wongeye kuba Nyabagendwa.
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika mu nshingano Umutoza Mukuru Afhamia Lotfi ndetse n'Umutoza wungirije wa kabiri, Azzouz Lotfi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka