Inkuru Nshya

Volleyball: APR VC mu nzira y’inzitane: Uko amakipe azesurana muri ⅛ cya Shampiyona Nyafurika

Nyanza:Umwarimu afunze azira kwiguriza amafaranga kuri telefone ya mugenzi we

Volleyball: Minisitiri Mukazayire yasabye abafana gushyigikira amakipe y’u Rwanda yerekeza muri 1/4

Mu Rwanda handitswe ishoramari rya miliyari 2,62$ mu mwaka wa 2025 

Vincent Sindukubwabo yazanye agashya ko gukoresha iminyorogoto mu gukora ifumbire nziza kandi ihendukiye abahinzi bato n'abaciriritse ya 'Vermicompost'
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abakozi ba FERWAFA
Ikipe ya Rayon Sports y’abagore yatsindiwe ku mukino wa nyuma wa CECAFA, itsinzwe n'ikipe ya KJT Queens yo muri Tanzania, ihita itakaza amahirwe yo gukina CAF Women's Champions League
Minisiteri y'Uburezi yasabye abanyeshuri bo mu Mujyi wa Kigali ko mu cyumweru bazamara batajya ku ishuri kubera Shampiyona y'Isi y'Amagare, bazakoresha icyo gihe mu kwiga no kumenya byinshi bijyanye n'umukino w'amagare
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique zigize amatsinda ya RWABG VII na RWAMED X yita ku buvuzi, zahaye serivisi z’ubuvuzi abarenga 200 bo mu Bitaro bya Sam-Ouandja ku buntu.
Minisiteri y'Uburezi yashyize ingengo y'imari yasaga miliyari 32 Frw, mu mushinga mugari wo guhugura abarimu bo mu mashuri abanza n'ayisumbuye, bakamenya ururimi rw'Icyongereza
Umuhanzi w'Umunya-Nigeria akaba n'umushoramari n'Umuyobozi Mukuru wa Choplife Gaming Ltd, Oluwatosin Oluwole Ajibade wamamaye nka Mr Eazi, yatangaje ko ishoramari akora mu Rwanda ryinjirije Ikigo cy'Imisoro n'Amahoro, RRA, arenga miliyari 17 Frw
Abayobozi batandukanye mu nzego za Leta batumiye abanya-Kigali kuzitabira kwihera ijisho Shampiyona y'Isi y'Amagare ibura iminsi ibarirwa ku kiganza ngo ibere mu Rwanda
Inama y’Abaminisitiri, yateranye iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko hari gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka