Inkuru Nshya

Urukiko rwa Gisirikare ruherereye rwatangiye kuburanisha abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, muri RCS n’abasivili, bakekwaho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa leta icyo utagenewe
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kugeza mu 2029 iteganya kugabanya ku kigero cya 50% ibirarane by'imanza zandindiriye mu nkiko
Abaturage 15 bo mu Murenge wa Kiramuruzi mu Karere ka Gatsibo bajyanywe kwa muganga nyuma yo kunywa umutobe bikekwa ko wari wahumanyijwe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n'Ubutwererane w’u Rwanda, Amb.Olivier Nduhungirehe, yihanganishije umuryango wa Amb. Dr. Aisa Kirabo Kacyira witabye Imana
Abasirikare b’u Rwanda bagize batayo ya RWABAT-2 bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, MINUSCA, bahawe imidali ya Loni bashimirwa uruhare rwabo mu kubungabunga amahoro no kugarura ituze muri iki gihugu
Dr. Aisa Kirabo Kacyira wayoboraga Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe gutanga ubufasha muri Somalia (UNSOS), yitabye Imana azize uburwayi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kayisire Marie Solange, yashimye Akarere ka Nyaruguru kaje ku isonga mu gutanga neza serivisi z’irangamimerere mu mwaka wa 2024/2025
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Habimana Dominique yashimye aho Akarere ka Huye kageze kagabanya igipimo cy'ubukene mu baturage, kuri 15.3%
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere NST 2 (2024-2025), guverinoma izakomeza gukumira no guhangana n’izamuka ry’ibiciro

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka