Inkuru Nshya

Pariki y'Akagera yatangaje ko yishimiye imyaka 10 ishize intare ziyigaruwemo nyuma y'imyaka hafi 20 zarazimiye, ubu zikaba zimaze kugera kuri 62
Tariki ya 10 Kanama ni umunsi udasanzwe mu mateka y’u Rwanda, kuko ni bwo hizihizwa isabukuru y’amavuko ya Madamu Jeannette Kagame, umufasha wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwe (ANU) mu Mujyi wa Kigali ryafashe abagabo babiri batwaye kuri moto urumogi ibiro 31
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yifatanyije na Ghana mu gahinda ku rupfu rwa ba Minisitiri babiri baguye mu mpanuka y’indege ya Gisirikare, yabaye ku wa gatatu, igahitana abagera ku munani
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva yasuye umushinga w’ubuhinzi wa Gabiro Agribusiness Hub, ukorera mu Ntara y’Iburasirazuba, agaragaza ko hakenewe gutekerezwa ku buryo bwo gushakira amacumbi no gutwara abakozi b’uyu mushinga baturuka kure
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeranyije ku mirongo y’ibikorwa by’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’impande zombi, hagendewe ku bikubiye mu masezerano y’amahoro aherutse gusinyirwa i Washington DC
Muri Expo 2025, kimwe mu byatunguye benshi ni inzoga nshya mu Rwanda yitwa Soju, ikorwa na sosiyete yo muri Koreya y’Epfo yitwa Jinro
Umuhungu wa Dukundane wo mu muryango wa Isimbi, umuhungu wa Twongere winjiye mu muryango mushya wa Igisha, n’umukobwa wa Gahuza wo mu muryango wa Kwitonda, ni bamwe mu bana b’ingagi bazahabwa amazina mu muhango wa Kwita Izina ku nshuro ya 20
Tombola y'ijonjora ry'ibanze mu mikino Nyafurika yasize muri CAF Confederation Cup, Rayon Sports izakina na Singida Black Stars yo muri Tanzania, ni mu gihe muri CAF Champions League, APR FC yongeye kwisanga igomba guhura na Pyramids FC yayikuyemo umwaka ushize
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) bwatangaje ko kubera gahunda yo gusaranganya amazi mu Mujyi wa Kigali, bitewe n’icyibazo cy’igabanuka ry’amazi ryatewe n’impeshyi, hari ibice bimwe bizabura amazi guhera ku itariki ya 11 kugeza kuya 12 Kanama 2025, kugira ngo amazi agezwe no ku bindi bice bimaze iminsi bitayabona