Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Gashyantare 2026, yifatanyije n’abaturage bomu Karere ka Kicukiro na Nyarugenge , mu Mujyi wa Kigali , mu muganda Rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare 2026.
APR FC yatsinze Gorilla FC ibitego 2-1 mu mukino w'umunsi wa 22 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye kuri Kigali Péle Stadium kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Gashyantare 2026
Umunya-Israel Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Cycling Team yegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2026, kakiniwe ku ntera y'ibilometero 84,1 kuva mu Karere ka Rubavu werekeza i Musanze