Inkuru Nshya

U Rwanda n'u Bushinwa byasinye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare, mu rwego rwo kurushaho gushimangira umubano w’ubufatanye umaze imyaka myinshi hagati y’ibihugu byombi
Urubanza rwa Félicien Kabuga, ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rukomeje kuzamo urujijo nyuma y'imyaka ibiri rumaze ruhagariswe kubera ko uburana afite uburwayi bukomeye
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B.Thierry yavuze ko ubugenzacyaha bw’u Rwanda bukora kinyamwuga, budafunga umuntu nta bimenyetso, kuko habanza gukorwa iperereza
Wazalendo yo muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo yanze ko muri ibyo bice hakorera abasirikare ba Leta ya Kinshasa, bahaje baturutse i Kalemie
Mutesi Jolly, wabaye Nyaminga w'u Rwanda wa 2016, ari mu mirimo ya nyuma yo gutunganya inzu yujuje imutwaye arenga miliyoni 800 Frw
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) n’Urwego rushinzwe amagereza no gusubiza mu buzima busanzwe abagororwa muri Maroc (DGAPR) basinye amasezerano mu bijyanye n’Igorora.
Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yifatanyije n'abanyarwanda baba mu gihugu cya Canada mu gitambo cya misa
Urwego ry'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko kuva tariki ya 17 Nzeri 2025, umuhanda uva mu mujyi werekeza Kimihurura unyura kuri RIB ugana kuri Kigali Convection Center, uraza kuba ufungiye ku Kabindi guhera saa sita z'ijoro