Inkuru Nshya

«Namusanze amuri hejuru» Nyambo Jesca yahishuye uko yaciwe inyuma n’umukunzi we

U Rwanda rwakiriye inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta n’izindi nzego

Bwa mbere mu mateka ye! Israel Mbonyi agiye gutaramira mu Budage

REMA yahagaritse by’agateganyo serivisi zitangirwa ku biro byayo

Abamotari batwara moto z’Amashanyarazi mu mujyi wa Kigali bishimira ko zihendutse kandi zitangiza ibidukikije, ariko basobanura ko hari ibigikeneye kunozwa birimo kongera amagaraje n’abakanishi bazo.
Aborozi bo mu Karere ka Kayonza, Gatsibo na Nyagatare bemerewe kuzajya bahira ubwatsi bw'amatungo yabo mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro, mu rwego rwo kongera umusaruro w’amata.  
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko umusirikare witwa St Minani Gervais, w’imyaka 39 yishe arashe abasivile batanu mu karere ka Nyamasheke, ndetse akaba yamaze gutabwa muri yombi.
Nkongwa idasanzwe, "Fall Armworm" ni icyonnyi cyibasira cyane ibigori, kigatera igihombo gikomeye abahinzi mu gihe kitarwanyijwe neza.Abahinzi, ni ngombwa ko basobanukirwa nkongwa idasanzwe, imiterera yayo n'uko bayirinda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka