Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yaneze abayobozi b'iyi kipe batayikurikiranira hafi ngo bagerehe naho ikorera imyitozo kandi ari wo mutima wa Rayon Sports
Gen (Rtd) Ibingira Fred yavuze ibigwi byaranze ubuzima bwa Lt Gen Kabandana Innocent uherutse kwitaba Imana, asaba umuryango we kuzagumana icyizere n'icyubahiro yari yaragiriwe na Perezida w'Igihugu, Paul Kagame
FERWAFA yemeje ko guhera mu mwaka w’imikino wa 2025/2026, amakipe yo mu cyiciro cya mbere (Rwanda Premier League) azaba yemerewe gushyira mu kibuga abakinnyi b'abanyamahanga umunani
Ikipe y'u Rwanda Amavubi yatsinze ikipe y'Igihugu ya Zimbambwe, igitego 1-0 mu mukino wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Umuraperi Muhire Jean Claude uzwi nka Jay C yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yari amaze iminsi ararikira abakunzi be yise “Oh Dieu”, igaragaramo bambaye imyambaro y'abapadiri n'abamanseri
Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Itangazamakuru mu Bihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu (UAE Media Council), Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga