Inkuru Nshya

Urwego rw'Igihugu rushinzwe Iterambere, RDB rwatangaje ko rumaze gukusanya imashini zirenga ibihumbi 8,000 z’imikino y’amahirwe zizwi nk’ibiryabarezi, bitewe n'uko zakoreshwaga mu buryo butemewe n’amategeko
Ambasaderi uhagarariye u Rwanda mu Kanama ka Loni, Martin Ngoga, yagaragaje ko ikeneye gushyiraho uburyo bunoze bwo gukemura ibibazo bikibangamiye ibikorwa byo kubungabunga amahoro, iby'imiyoborere n’ubushobozi buke mu bijyanye n’imari.
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ruherereye i Kanombe, rwanze Ubujurire bw’abasrikare barimo Maj Vincent Murigande, Capt Peninah Mutoni, na Capt Peninah Umurungi.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro u Rwanda, haba mu Mujyi no mu cyaro, byiyongereyeho 6,4% ugereranyije na Kanama 2024.
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yaneze abayobozi b'iyi kipe batayikurikiranira hafi ngo bagerehe naho ikorera imyitozo kandi ari wo mutima wa Rayon Sports
Gen (Rtd) Ibingira Fred yavuze ibigwi byaranze ubuzima bwa Lt Gen Kabandana Innocent uherutse kwitaba Imana, asaba umuryango we kuzagumana icyizere n'icyubahiro yari yaragiriwe na Perezida w'Igihugu, Paul Kagame
FERWAFA yemeje ko guhera mu mwaka w’imikino wa 2025/2026, amakipe yo mu cyiciro cya mbere (Rwanda Premier League) azaba yemerewe gushyira mu kibuga abakinnyi b'abanyamahanga umunani
Ikipe y'u Rwanda Amavubi yatsinze ikipe y'Igihugu ya Zimbambwe, igitego 1-0 mu mukino wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yabwiye abagize Inteko Ishingamategeko umutwe w’Abadepite ko hakwiye amavugurura ku itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda kugira ngo rihuzwe n’igihe kigezweho.
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu n'icy'u Burundi, byabagabyeho ibitero biturutse i Bujumbura na Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, bityo ko bagiye kugira icyo bakora ngo bihagarare