Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yarekuwe nyuma yo kurangiza igifungo cy’imyaka ibiri yari yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku byaha byo gutangaza amakuru y’ibuhuha.
U Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Inyamaswa (World Animal Day 2025), hibutswa akamaro ko kwita ku nyamanswa no gukingira indwara y’ibisazi
Ni amashusho abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda , ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe mu mwaka w’i 1998.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga