Inkuru Nshya

Cyprien Uzabakiriho wamenyekanye nka Djihad na Kwizera Nestor ukunda kwiyita Pappy Nesta batawe muri yombi bakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gutera akabariro.
Korali, amatsinda yo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’abahanzi ku giti cyabo bo muri ADEPR bari kugendera ku mabwiriza mashya agenga ababarizwa muri iri Torero ryiyita iry’Umwuka
Ikipe ya Police FC yanganyije na Al Hilal SC yo muri Sudani 0-0 mu mukino wa mbere yari ikinnye muri Shampiyona y’u Rwanda kuva yakwemererwa kuyitabira mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yavuze ko nta gihugu cyumva neza ibyo u Rwanda rwanyuzemo nka Israel, ndetse ko gusura u Rwanda bituma bumva neza ko Jenoside yakorewe Abatutsi itateguwe umunsi umwe
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’Irushanwa rya CECAFA riri kubera muri Ethiopia
Minisitiri W’Ibikorwaremezo,Dr Jimmy Gasore, yagaragaje ko ikibazo cy’ibicanwa gihagangayikishije leta ndetse ko kugeza ubu abanyarwanda 94% bagikoresha inkwi n’amakara, agaragaza ko hari ingamba zitandukanye zo kuzamura umubare w’abakoresha ibicanwa bitangiza ikirere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda , Amb. Olivier Nduhungirehe, yahuye n’Intumwa yihariye y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ishinzwe Akarere k’Ibiyaga Bigari, Amb. Johan Borgstam
Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda watangaje ko uri gukora ibishoboka byose mu gufasha abayobozi b’imisigiti 320 kuba bafite impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza bitarenze muri Werurwe 2026 nk'uko byasabwe na RGB
Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Amissi Cédric, yasabye imbabazi nyuma y’imyitwarire idahwitse yagaragaje mu mikino iheruka, byamuviriyemo guhagarikwa imikino ibiri no kwamburwa igitambaro cy’ubukapiteni
Kiyovu Sports yahagaritse rutahizamu Amisi Cédric ibiri inamwambura igitambaro cy’umuyobozi w’abakinnyi (Kapiteni), kubera imyifatire idakwiye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka