Inkuru Nshya

Minisitiri w'Uburezi Joseph Nsengimana yatangaje ko mu myaka ine iri imbere hazaba huzuye amashuri atanu ya Leta afasha abana bafite ubumuga bwihariye, ndetse n'andi mashuri hirya no hino mu gihugu akazaba ayigiraho
Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko kugira ngo umutekano mu Mujyi wa Goma n'ibindi bice bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigire umutekano, leta ya RDC ikwiye kubigiramo uruhare, ikemura ikibazo uhereye mu mizi
Nyuma y’imyaka itatu n’igice ikora ibikorwa byo gucukura no gutunganya amabuye y’agaciro mu Rwanda, sosiyete Trinity Metals Group yatangaje ko igiye kongera ishoramari rya miliyoni 100$, rihwanye n’arenga miliyari 145 Frw, rigamije kongera umusaruro no gutangiza inganda zitunganya amabuye kuri buri kirombe.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza ko amahoro mu karere k’Ibiyaga Bigari adashobora kugerwaho mu gihe umutwe wa FDLR ukomeje kwifanya n'ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ko umushinga wa Biogaz yifashishwa mu guteka utatanze umusaruro nkuko byari biteganyijwe gusa ivuga ko hatangijwe  indi gahunda yo kongera kuwugerageza bityo bizeye ko uzatanga umusaruro.
Cyprien Uzabakiriho wamenyekanye nka Djihad na Kwizera Nestor ukunda kwiyita Pappy Nesta batawe muri yombi bakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gutera akabariro.
Korali, amatsinda yo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’abahanzi ku giti cyabo bo muri ADEPR bari kugendera ku mabwiriza mashya agenga ababarizwa muri iri Torero ryiyita iry’Umwuka
Ikipe ya Police FC yanganyije na Al Hilal SC yo muri Sudani 0-0 mu mukino wa mbere yari ikinnye muri Shampiyona y’u Rwanda kuva yakwemererwa kuyitabira mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss yavuze ko nta gihugu cyumva neza ibyo u Rwanda rwanyuzemo nka Israel, ndetse ko gusura u Rwanda bituma bumva neza ko Jenoside yakorewe Abatutsi itateguwe umunsi umwe
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’Irushanwa rya CECAFA riri kubera muri Ethiopia

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka