Inkuru Nshya

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yashimangiye ko ubufatanye hagati y’u Rwanda na Zimbabwe mu guhana abarimu bigisha, ari intambwe ikomeye igaragaza ko imikoranire hagati y’ibihugu byombi bya Afurika ishoboka aho gukorana gusa n’ibindi bihugu.
si y’u Rwanda yungutse abapolisi bashya bato 1903 bari bamaze amezi icyenda bahugurirwa mu Ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu Karere ka Rwamagana.
Abahanzi bakomoka muri Jamaica Shenseea na Mavado, byemejwe ko bazataramira mu Rwanda mu ntangiriro za Mutarama.
Minisitiri w'umutekano imbere mu gihugu, Dr Vincent Biruta, yasabye abapolisi bato basoje amahugurwa abinjiza mu kazi kuzarangwa n'ikinyabupfura mu kazi , baharanira gushyira umuturage ku isonga , barwanya ibyaha bibangamiye abaturage.
Entebbe muri Uganda habereye inama idasanzwe y’abayobozi bakuru b’ibihugu byo mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2025
Darren Watkins Jr. wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka iShowSpeed ategerejwe mu Rwanda, mu ruzinduko rudasanzwe azagirira ku mugabane wa Afurika, aho ateganya gusura ibihugu 28 mu gihe cy’iminsi 20

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka