Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), Prudence Sebahizi, yatangaje ko nubwo ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byazamutseho gato, bitaza kuzana impinduka ku biciro by’ibiribwa ku masoko.
Uwahoze ari umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, uheruka kwitaba Imana, yahawe igihembo cy'umunyabigwi mu itangazamakuru “Lifetime Achievement Award”
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku mushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu .
NAEB yatangaje ko agaciro k’ikawa y’u Rwanda gakomeje kuzamuka ku rwego mpuzamahanga, aho mu cyamunara mpuzamahanga y'umwaka wa 2025, igiciro cyayo kiyongereye 22.8% ugereranyije n’umwaka ushize
U Rwanda rugiye kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika,  izabera i Kigali kuva tariki ya 10 -12 Ugushyingo 2025 .
Minisitiri Dr. Bizimana yashimye igitabo cyanditswe kigaragaza uruhare rw'Abenebikira mu kurinda abana barokotse Jenoside, avuga ko ari igikorwa kigaragaza isura y'ukuri ya bamwe mu barokotse Jenoside n’abanyamadini babigizemo uruhare
Ambasaderi Col (Rtd) Donat Ndamage yashyikirije Umwami Mswati III wa Eswatini, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya, Gen Charles Muriu Kahariri yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry'ingabo z'u Rwanda, RDF, riherereye i Nyakinama, asaba aba basirikare bagiye kuba bakuru mu gihe kiri imbere kugira ubushobozi bwo kureba kure no gufata ibyemezo