Urwego ry'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya Camarade, wahoze ari umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko kuva tariki ya 17 Nzeri 2025, umuhanda uva mu mujyi werekeza Kimihurura unyura kuri RIB ugana kuri Kigali Convection Center, uraza kuba ufungiye ku Kabindi guhera saa sita z'ijoro
Igisirikare cy'u Rwanda ,RDF cyatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Nzeri 2025, indege nto itagira abapiloti, drone, yakoreye impanuka mu karere ka Rutsiro.
Vincent Sindukubwabo yazanye agashya ko gukoresha iminyorogoto mu gukora ifumbire nziza kandi ihendukiye abahinzi bato n'abaciriritse ya 'Vermicompost'
Ikipe ya Rayon Sports y’abagore yatsindiwe ku mukino wa nyuma wa CECAFA, itsinzwe n'ikipe ya KJT Queens yo muri Tanzania, ihita itakaza amahirwe yo gukina CAF Women's Champions League
Minisiteri y'Uburezi yasabye abanyeshuri bo mu Mujyi wa Kigali ko mu cyumweru bazamara batajya ku ishuri kubera Shampiyona y'Isi y'Amagare, bazakoresha icyo gihe mu kwiga no kumenya byinshi bijyanye n'umukino w'amagare
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique zigize amatsinda ya RWABG VII na RWAMED X yita ku buvuzi, zahaye serivisi z’ubuvuzi abarenga 200 bo mu Bitaro bya Sam-Ouandja ku buntu.