Inkuru Nshya

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yateguje ibirori byo gusoza Yubile y’imyaka 125 Ivanjili imaze igeze mu Rwanda, bizahuzwa no kwizihiza imyaka 2025 y’ubu Kristu ku Isi
Guverinoma y’u Rwanda, binyuze mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Umwana (NCDA), yatangije gahunda nshya yo guteza imbere imikurire myiza n'uburezi bw’incuke, izashyirwa mu bikorwa mu gihe cy’imyaka ine, igashorwamo asaga miliyari 18.7 Frw
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu bya Afurika byihuse mu kuzamura ubukungu binyuze mu ikoreshwa ry'ikoranabuhanga mu rwego rw'imari, Fintech
Komisiyo ishinzwe Imisifurire muri FERWAFA, yatanze ibihano ku bandi basifuzi babiri ndetse itera utwatsi ibirego by’amakipe arimo APR FC n’Amagaju FC
Niyonshuti Ange Tricia yateye imitoma umugabo we Dr. Muyombo Thomas, benshi bazi mu ruhando rwa muzika nka 'Tom Close', amwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 41 y’amavuko
Iseka Rusange rya 'Gen-Z Comedy Show' ryagarutse, aho abazitabira bazasusurutswa n'umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yashimangiye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw'ibidukikije ari inzira yo guharanira kugera ku mahoro n’ubukire birambye
Col Désiré Migambi Mungamba, yagaragaje ko ubumwe n’ubudaheranwa ari indangagaciro z’ingenzi zubakiye ku mateka y’Abanyarwanda ndetse zigomba kuranga buri Munyarwanda mu rugendo rwo kubaka igihugu
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yijeje ubufasha umwana w'umuhungu ufite ubumuga bw’ingingo, wagaragaye akinana ishyaka umupira w'amaguru

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka