Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasabye ba ofisiye baranije amasomo ajyanye n'imiyoborere y'ingabo n'izindi nshingano zo mu biro ,Junior Command and Staff Course, kubyaza umusaruro amasomo bahawe , bahanira kugira igisirikare gikomeye kandi kigendera ku kuri.