Inkuru Nshya

AGPF yagaragaje aho gahunda yo gutegura abarimu b’amateka ya Jenoside igeze

Umujyi wa Kigali wateguje igitaramo cy’akataraboneka ku munsi w’Umuganura

Inteko Ishinga Amategeko yamuritse ikimenyetso cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Icyo amategeko avuga ku byerekeranye no gukuramo inda mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ibiciro byo ku masoko mu Rwanda byazamutseho 7% muri Kamena 2025, ugereranyije na Kamena 2024. Iri zamuka ryatewe ahanini n’iry’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean Guy Afrika, yakiriye Lieke van de Wiel, uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) mu Rwanda, baganira ku mishinga ihuriweho hagati y’impande zombi
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yashyikirije Akarere ka Musanze inzu 115 zubakiwe abaturage basenyewe n’ibiza mu Murenge wa Musanze, Akagari ka Kabazungu

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka