Inkuru Nshya

Umukobwa wari usigaye w'Umwami Yuhi V Musinga, witwa Spéciose Mukabayojo, yitabye Imana ku myaka 93 y'amavuko azize uburwayi
Umunyarwandakazi Akingeneye Olga wamamaye mu bikorwa bitandukanye byo gutinyura abafite ubumuga bitinyaga, yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we Ndoba Arthur
Startimes Rwanda yongereye umubare w’imikino ya Shampiyona y’u Rwanda y’Icyiciro cya Mbere (Rwanda Premier League), yerekanwa ku mashene yayo
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko Ubushomeri bwagabanutseho 1.9%, mu gihe abafite imyaka yo gukora (16 kuzamura), 57% bafite akazi.
U Rwanda rwifatanije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurizikana umurage uri mu majwi n’amashusho, hashimangirwa akamaro k’uyu murage mu kubungabunga amateka n'umuco biranga Abanyarwanda
Startimes Rwanda yamuritse umushinga w’u Bushinwa ugamije gusangiza ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ubumenyi ku buryo iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwa Aziya cyateye imbere. Uyu mushinga witwa 'The Glimpse of China in New Era'
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball, Axel Mpoyo, yemeje ko atazakina mu mikino yo gushaka itike ya FIBA World Cup, izaba hagati ya tariki ya 27 kugeza ku ya 30 Ugushyingo 2025 muri Tunisia.
U Rwanda na Somalia byasinyanye amasezerano y’ubutwererane rusange ndetse byemeranya ishyirwaho rya komisiyo ihuriweho shinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryayo, no gushaka izindi nzego ibihugu byombi byakoranamo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka