Inkuru Nshya

Entebbe muri Uganda habereye inama idasanzwe y’abayobozi bakuru b’ibihugu byo mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2025
Darren Watkins Jr. wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka iShowSpeed ategerejwe mu Rwanda, mu ruzinduko rudasanzwe azagirira ku mugabane wa Afurika, aho ateganya gusura ibihugu 28 mu gihe cy’iminsi 20
Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri  mu Ntara ya Cabo Delgado mu Majyaruguru ya Mozambique, ku wa 21 Ukuboza 2025,  bitabiriye igikorwa cya siporo  rusange aho bari kumwe n’abaturage ndetse n' abayobozi b'inzego z' ibanze.
‎Urwego Rrw 'Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB), rwashyizeho amasaha y'agateganyo azagenga ibikorwa by'ubucuruzi guhera ku wa 22 Ukuboza 2025 kugeza ku wa 05 Mutarama 2026.
Bigoranye, Al Hilal Omdourman yanganyije na Marines FC ibitego 2-2, Kiyovu itsinda Rutsiro igitego 1-0 mu mikino y'umunsi wa 12 ya Shampiyona y'u Rwanda.
Inama Njyanama y'Akarere ka Nyagatare yemeje ko uwari Umuyobozi w’aka Karere Gasana K. Stephen, yamaze gusezera kuri izo nshingano.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka