Inkuru Nshya

U Rwanda rwahawe igihembo cyo kwakira neza Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025

Ingabo za EAC zatangiye imyitozo ya gisirikare iri kubera muri Kenya

U Rwanda rwiteze kungukira mu nama ya ‘Africa Forward Summit’ izitabirwa na Perezida Kagame

Minisitiri w’Intebe yageze muri Uganda aho azitabira umuhango w’irahira rya Museveni

Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yashyikirije Akarere ka Musanze inzu 115 zubakiwe abaturage basenyewe n’ibiza mu Murenge wa Musanze, Akagari ka Kabazungu
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko ikomeje gufata ingamba zikomeye mu gukemura ibibazo byugarije imikorere ya za Koperative z’Imirenge SACCO, cyane cyane ibijyanye n’inyerezwa ry’imari ryagiye rigaragara muri zimwe muri izo koperative
Abanyeshuri bagera ku 255,498 barimo abarenga 700 bafite ubumuga batangiye gukora ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange (O’Level) n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A’Level)
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2024/2025 cyakusanyije imisoro ingana na miliyari 3,079.8 Frw

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka