Inkuru Nshya

Musenyeri n’abapasiteri ba EAR bapfukamye basaba imbabazi Drocella ,kubw’ ibyo mugenzi wabo yamukoreye muri Jenoside

MININFRA yijeje ko mu 2029 mu Rwanda hose hazaba haragejejwe amazi 

38,7% azashorwa mu bikorwa by’iterambere: Uko ingengo y’imari ya 2026/27 izakoreshwa 

Abadepite batewe impungenge n’igabanuka ry’ingego y’imari yagenewe ubuhinzi

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj Gen. (Rtd) Albert Murasira, yashyize ibuye fatizo kuri site ya Rugerero, mu Karere ka Rubavu, ahagiye kubakwa inzu nshya 870 zigenewe abaturage bo mu mirenge itandukanye basenyewe n’ibiza
Sibobugingo Evariste yashinze uruganda 'Igisubizo 1 Company Ltd' rwongerera agaciro ibishishwa by’imyumbati, bikavamo amavuta akoreshwa mu gukora isabune ndetse n’ifumbire karemano ikoreshwa mu buhinzi
Abakinnyi batatu b’ikipe y’abagore ya Arsenal, barimo kapiteni w’iyi kipe Katie McCabe, Caitlin Foord na Laia Codina, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, bunamira inzirakarengane ziharuhukiye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka