Ikipe ya Gorilla FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 6 wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 31 Ukwakira 2025
Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza ya East African Univertsity Rwanda (EAUR), Prof. Kabera Callixte, yasabye abasoje amasomo muri iyi kaminuza, kwiga kubyaza imbogamizi bahura nazo mo amahirwe yabateza imbere
Ubushakashatsi bushya ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda bugaragaza ko inkingi y'umutekano n'ituze bikomeje kuza ku isonga mu zindi nkingi zose z’imiyoborere
Israel Mbonyi n’abandi bahanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana baraye batanze ibyishimo n’umunezero udasanzwe mu gitaramo cya Gen Z Comedy Show
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasubitse igitaraganya uruzinduko yagombaga kugirira i Paris mu Bufaransa, nyuma yuko aketse ko haba hari umugambi wo kumuhirika ku butegetsi