Inkuru Nshya

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangiye uruzinduko rw’akazi i Doha muri Qatar aho yitabiriye inama ya kabiri yiga ku Iterambere ry’Abatuye Isi ‘World Summit for Social Development’.
Polisi y’Igihugu yatangaje ko imaze gufata abantu 11 bakekwaho ibikorwa by’ubujura bw’inka , bagiye bakora mu bihe bitandukanye mu mujyi wa Kigali .
Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe,anemeza ko agiye kuzahurira na mugenzi we w'u Rwanda Paul Kagame i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yanenze bikomeye icyemezo cya Perezida Felix Tshisekedi cyo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma, yerekana ko abaavuga igiswahili bakeneye uburenganzira bwabo aho kubafata nk’abasabirizi.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abagabo batatu bakurikiranyweho kugura no kugurisha amahembe y’inzovu afite ibilo 20 aturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ajyanywe kugurishwa ku Mugabane wa Aziya.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) , gitangaza ko muri Nzeri 2025, ibiciro rusange byo mu nganda byazamutseho 13,5%, ugereranyije na Nzeri 2024.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly yatangaje ko ahakura amafaranga ndetse n'akazi akora bidakwiye kubera umutwaro ababyibaza.
Umuyobozi Mukuru Wa Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yatangaje ko gahunda ya Ndi Umunayrwanda yagize uruhare rukomeye mu komora ibikomeye by’Abanyarwanda no kongera kubaka igihugu .

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka