Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT) yatangaje ko uburyo bw’ikoranabuhanga bwo gusaba serivisi za Leta binyuze ku Irembo bwahinduye uburyo igihugu kizajya gitangamo serivisi.
Minisitiri w'Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yagaragaje ko hakenewe amafaranga angana na miliyoni 300$ kugira ngo umuyoboro wa internet ugezwe mu bice byose by’igihugu
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko uruhare rw’umuturage mu bimukorerwa ndetse no kubazwa inshingano kw’abayobozi biri mu byafashije u Rwanda gutera intambwe igana ku iterambere.
Perezida wa Repubulika ihararanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’Iburasirazuba .
Icumbi ry’Ikigo cya IWE (Institute Women for Excellence cyigamo abanyeshuri 150 b’abakobwa gusa giherereye mu Karere ka Rwamagana, ryafashwe n’inkongi y’umuriro rirakongoka.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga