Inkuru Nshya

Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yavuze ko iyi kipe isigaje kwinjizamo abakinnyi babiri b'abanyamahanga baza basanga Umugande Ronald Ssekiganda
Muri teritware ya Moba mu ntara ya Tanganyika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hiciwe abantu 318, bishwe n’umutwe witwaje intwaro ukorera muri aka gace.
Minisiteri y’ubuzima ku bufatanye n'urwego rwa Polisi y'u Rwanda, batangije ubukangurambaga bw'iminsi 10 yahariwe kurwanya ikoreshwa n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge
Kaminuza ya Mount Kigali University, yahoze ari Mount Kenya University, Kigali Campus, yahawe umuyobozi mushya, umunya-Kenya, Prof. Egara Kabaji