Inkuru Nshya

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi.
Green Gicumbi, ni umwe mu mishinga minini u Rwanda rufite yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe no kubaka ubukungu butangiza ibidukikije, aho mu myaka itandatu ugiye kumara, watwaye miliyari zisaga 32 Frw
Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko Ishinzwe Imibereho y’Abaturage, yagaragaje ko igenzura ryakozwe ku bigo ngororamuco ryagaragaje ko mu mwaka wa 2024-2025, umubare w’abajyanywa muri ibi bigo wazamutse ku kigero cya 92%
Ishuri ryisumbuye rya Bumbogo ryatsinze amarushanwa ku Kinyarwanda, Umuco n'Umurage mu mashuri yisumbuye rifite amanota 90%, rikaba ariryo rizahagararira Umujyi wa Kigali muri aya marushanwa yitabirwa n'ibigo byo mu gihugu hose
Ikipe ya Al Hilal SC yatsinze APR FC ibitego 2-0 mu mukino w'ikirarane w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'Icyiciro cya mbere y'u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Intebe y'Inteko y'umuco, Amb. Robert Masozera yatangaje ko hagiye gushyirwaho amabwiriza yo gukoresha ururimi rw'Ikinyarwanda, yiswe 'Ikinyarwanda ku isonga' azaba aje gufasha Abanyarwanda by'umwihariko urubyiruko kwibona mu rurimi gakondo rwabo
U Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri mu kurwanya ruswa aho rwavuye ku wa 43 rwariho mu 2024 rukagera ku wa 41 n’amanota 58% avuye kuri 57% rwari rufite icyo gihe.
Umutwe wa AFC/M23 winjije mu gisirikare abandi basirikare bashya 7,532, nyuma yo gusoza amahugurwa n'imyitozo mu kigo cya gisirikare cya Tshanzu, kiri mu gace ka Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru
Igitaramo cy’urwenya cya Gen – Z Comedy Show, cyagarutse aho kuri iyi nshuro umuhanzi Makanyaga Abdul wamamaye mu ruhando rwa muzika nyarwanda yo ha mbere azasusurutsa abazitabira iki gitaramo.
Dr.Bizimana Jean Damascene yashimiye umwanditsi w'Ibitabo, Mukagasana Yolande wagize ubutwari bwo gusangiza mu gitabo 'Umurage w'Urubyiruko' amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n'ingaruka yagize ku muryango Nyarwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka