Inkuru Nshya

Mu Rwanda ibiciro ku masoko byiyongereyeho 13% muri Mata 2026

Izitabirwa n’Abakuru b’Ibihugu 6 – U Rwanda rwiteguye kwakira Africa CEO Forum 2026

Tariki ya 11 Gicurasi 1994: U Bufaransa bwakomeje gufasha Leta y’abicanyi kurimbura Abatutsi

Niger: Abanyarwanda bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi 

Banki Nkuru y'Igihugu, BNR, yashyizeho ibihano bikakaye ku bantu ku giti cyabo n'ibigo bigena ibiciro by'ibicuruzwa na serivisi ndetse n'abacuruza mu madovize nta burenganzira.
Inteko Rusange ya Sena yashimye ko ibitekerezo byatanzwe n'Abasenateri byitaweho, harimo kongera ingengo y'imari igenewe ubuhinzi, guhanga imirimo mu rubyiruko, ndetse no gufasha uturere tukigaragaramo ubukene bukabije.
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yavuze ko iyi kipe isigaje kwinjizamo abakinnyi babiri b'abanyamahanga baza basanga Umugande Ronald Ssekiganda
Muri teritware ya Moba mu ntara ya Tanganyika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hiciwe abantu 318, bishwe n’umutwe witwaje intwaro ukorera muri aka gace.
Minisiteri y’ubuzima ku bufatanye n'urwego rwa Polisi y'u Rwanda, batangije ubukangurambaga bw'iminsi 10 yahariwe kurwanya ikoreshwa n’icuruzwa ry’ibiyobyabwenge
Kaminuza ya Mount Kigali University, yahoze ari Mount Kenya University, Kigali Campus, yahawe umuyobozi mushya, umunya-Kenya, Prof. Egara Kabaji

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka