Ku wa Kabiri tariki ya 11 Kanama 2026, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, yayoboye umuhango wo gusoza amahugurwa y'urwego rushinzwe imyitwarire no kurinda abayobozi (Military Police) ku basirikare 146.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yavuze ko gahunda yo gukingira amatungo no guhangana n’indwara z’ibyorezo itanga icyizere ko amatungo azongera kugera ku masoko, bityo n’ibiciro by’inyama bikazagenda bigabanyuka.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Kanama 2026 nibwo ikipe ya Kiyovu Sports yakiriye umutoza wayo mushya ukomoka mu Bwongereza, Mark Harrison nyuma yo kugera ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga