Inkuru Nshya

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu Karere ka Kicukiro aho azagirana ibiganiro n’abagatuye ndetse n’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali.
Umunyamakuru Mario Nawfal uzwi cyane mu kiganiro akora cyo ku rubuga rwa X yise ‘The Haller’ gikurikirwa n’abarenga miliyoni 6 buri Cyumweru, ari mu Rwanda aho yasuye ibice bitandukanye ndetse akorana ikiganiro n’Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame.
Umunyamabanga Mukuru wa Loni, António Guterres yagennye Umunyarwanda Anthony Ngororano kuba Umuyobozi w’Amashami y’Umuryango w’Abibumbye muri Madagascar.
Kuri uyu wa kane, tariki ya 27 Gashyantare 2025, ubwo abaturage ba Bukavu muri Kivu y'Amajyepfo bari bahuriye mu nama n'Ubuyobozi bw'ihuriro AFC/M23, Leta ya Congo yabarashemo ibisasu byahitanye bamwe abandi benshi barakomereka.
Guverinoma ya Qatar yemeje umushinga w'amasezerano yo gukuriraho Visa Abanyarwanda n'Abanye-Qatar, bakora ingendo, bafite pasiporo zisanzwe.