Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu Karere ka Kicukiro aho azagirana ibiganiro n’abagatuye ndetse n’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali.
Kuri uyu wa kane, tariki ya 27 Gashyantare 2025, ubwo abaturage ba Bukavu muri Kivu y'Amajyepfo bari bahuriye mu nama n'Ubuyobozi bw'ihuriro AFC/M23, Leta ya Congo yabarashemo ibisasu byahitanye bamwe abandi benshi barakomereka.