Inkuru Nshya

Umunyana Analyssa uzwi cyane mu ruhando rwa cinema nyarwanda, ku izina MAMA SAVA, yahishuye ko kuri ubu ari mu rukundo n’umusore babyaranye umwana we w’imfura
Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi aribo Mike Tresor na Warren Kamanzi, bari mu biganiro na FERWAFA, aho nta gihindutse aba bakinnyi bashobora kugaragara mu mwambaro w’Amavubi, mu mikino ikipe y’igihugu izakina mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi
Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere RDB, muri gahunda ya Visit Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire n’Ikipe ya Los Angeles Clippers ikina Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, NBA ndetse na Los Angeles Rams ikina muri Shampiyona ya NFL (National Football League) .
Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo zimaze iminsi ibiri zihanganira n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RD Congo, mu duce dutandukanye two muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo,Bafana bafana,  yakuweho amanota ku mukino yatsinzemo Ikipe ya Lesotho kubera gukinisha umukinnyi utemewe mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yahuye n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga Carlos Takam, bagirana ibiganiro.
Kuva kuwa 21-28 Nzeri 2025, mu Rwanda haberaga Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro yayo ya 98, ikaba iya mbere ibereye muri Afurika.
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwanzuye ko Kalisa Adolphe wari Umunyamabanga Mukuru w'Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) afungwa iminsi 30 y'agateganyo.
Kuri iki cyumweru , tariki 28 Nzeri 2025, nibwo hasozwaga Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 , yari imaze icyumweru ibera mu mihanda y’i Kigali.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka