Inkuru Nshya

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko rw’Abanyarwanda baba i Burayi kwanga kuba imbohe z’ibinyoma bivugwa ku Rwanda n'abashaka gupfobya Jenoside no kwimakaza ingengabitekerezo yayo.
Rayon Sports yatsinze Mukura VS ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda.
Rtd CSP Richard Kamanzi w'imyaka 57 wari umupolisi , kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, yitabye Imana, aguye mu mpanuka y'umukingo wagwiriye inzu ye.
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda, bwatangaje ko ubwo hakinwaga agace ka mbere kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, habaye impanuka ikomeye ubwo isiganwa ryari rigeze mu gace ka Gabiro, mu karere ka Kayonza, abantu babiri bahita bitaba Imana, abandi batandatu barakomereka.
Perezida Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi bayobozi mu nzego nkuru z’igihugu bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo ngaruka kwezi, izwi nka ’Car Free Day’.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yasabye Abanyarwanda kuza gushyigikira Abanyarwanda n'abandi bazitabira isiganwa ry'amagare , Tour du Rwanda , yatangiye kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026.
Abaturage bo mu karere ka Bugesera, bakanguriiwe kugira umuco wo gutanga imisoro , babwirwa ko ariyo ivamo ibikorwaremezo bakomeje kwegerezwa.
Ibaze nawe gukoresha imbaraga z’umurengera ukarara utagohetse kubera ko ubyibushye cyangwa ufite ibiro byinshi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka