Inkuru Nshya

Volleyball: Al Ahly yahigitse Police VC yegukana CAVB Men’s Club Championship 2026

Abakeba baguye miswi umwe abihomberamo: Ibyaranze umukino wa Rayon Sports na APR FC

Inzego z’u Rwanda ziri muri Mozambique zakoranye n’abaturage mu muganda rusange

Perezida Kagame ategerejwe muri Tanzania

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda, NESA cyatangaje ko amanota asoza icyiciro cy’Amashuri y’isumbuye cya 2023/2024 azashyirwa hanze muri uku Gushyingo.
I Kigali hateraniye urubyiruko ruturutse hirya no hino muri Afurika, rwitabiriye inama ya karindwi ya YouthConnekt ifite insanganyamatsiko igira iti " Imirimo y'urubyiruko ishingiye ku guhanga ibishya.
Col (Rtd) Richard Karasira wari uri ku buyobozi bw'ikipe y'ingabo z'igihugu; APR FC yamaze gukurwa ku buyobozi bw'iyi kipe.
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’u Bwami bwa Jordan batanze inkunga y’ubutabazi bageneye abaturage bo muri Gaza bamaze umwaka bibasiwe n’intambara.
Ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRC, uzwi nka La Corniche (Grande Barriere), hagiye kubera ibiganiro bihuza intumwa z’ibi bihugu byombi n'iza Angola.
Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi kw’izina rya Fatakumavuta yongeye kwitaba urukiko rwa Kicukiro, nyuma yuko mu cyumweru gishize yari yasabye ko urubanza rwe rwakimurwa kubera ko atiteguye kuburana.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka