Inkuru Nshya

Mu Rwanda ibiciro ku masoko byiyongereho 12,9% muri Gicurasi 2026

Ibyaranze umunsi wa mbere w’urubanza rw’ubujurire rwa Dr. Eugène Rwamucyo

Rayon Sports FC yatangiye kurema isoko mpuzamahanga

U Rwanda rurateganya kongera isukari ikorerwa imbere mu gihugu ku kigero cya 50%

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean Guy Afrika, yakiriye Lieke van de Wiel, uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) mu Rwanda, baganira ku mishinga ihuriweho hagati y’impande zombi
Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yashyikirije Akarere ka Musanze inzu 115 zubakiwe abaturage basenyewe n’ibiza mu Murenge wa Musanze, Akagari ka Kabazungu
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko ikomeje gufata ingamba zikomeye mu gukemura ibibazo byugarije imikorere ya za Koperative z’Imirenge SACCO, cyane cyane ibijyanye n’inyerezwa ry’imari ryagiye rigaragara muri zimwe muri izo koperative
Abanyeshuri bagera ku 255,498 barimo abarenga 700 bafite ubumuga batangiye gukora ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange (O’Level) n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A’Level)

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka