Ambasaderi uhagarariye u Rwanda mu Kanama ka Loni, Martin Ngoga, yagaragaje ko ikeneye gushyiraho uburyo bunoze bwo gukemura ibibazo bikibangamiye ibikorwa byo kubungabunga amahoro, iby'imiyoborere n’ubushobozi buke mu bijyanye n’imari.
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe,yagiranye ibiganiro n'Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Veronica Nduva, byibanze ku kunoza imikoranire ihuriweho
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yitabiriye inama yateguwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yahuje abikorera bo mu Rwanda n’abo muri Mozambique
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, uri mu ruzinduko rw'akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.