Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, bahagarariye isinywa ry'amasezerano y'ubufatanye hagati y'ibihugu byombi, mu bijyanye n'Umutekano ndetse n'Ubucuruzi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa z’inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziturutse mu mitwe yombi y’ishyaka ry’Abademokarate n’iry’Abarepubulikani
Perezida wa Repubulika Paul Kagame , akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yongeye kwibutsa ko u Rwanda nta ruhare na ruto rugira ku bibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo