Perezida Paul Kagame ari kumwe n’umunyabigwi Francis Ngannou, na Mauricio Sulaimán uhagarariye Ihuriro ry’Imikino y’Iteramakofe ku Isi (WBC), Mauricio Sulaimán, bitabiriye imikino y’irushanwa rya PFL Africa yabereye muri BK Arena.
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye yageze mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Ukwakira 2025, yakirwa na mugenzi w’u Rwanda, Paul Kagame.
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rwahuye n’ibibazo byinshi birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko rwabashije kubyigobotora, rukagera ku iterambere ryifuzwa n’Abanyarwanda.
Perezida wu Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi, Inter-Parliamentary Union, IPU, Martin Chungong, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Reeta Roy, Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation, wari kumwe na Sewit Ahderom, uzamusimbura ku buyobozi bukuru bw’uyu muryango guhera mu ntangiriro za 2026
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga