Umuyobozi w'Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, wari mu ruzinduko rw'iminsi ibiri mu Rwanda yatangaje ko ashima umuhate w'u Rwanda mu gushyigikira ibikorwa by'amahoro mu Karere ka Afurika y'Uburasirazuba
Perezida Paul Kagame yatembereje mu rwuri rwe, ruherereye Kibugabuga, Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani ndetse amugabira inka z’Inyambo
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko igipimo cy’urwunguko fatizo itangiraho inguzanyo ku ma banki cyagumye kuri 6.75%, ari na cyo cyari cyashyizweho muri Kanama uyu mwaka
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda rya Banki y'Isi riyobowe n'umuyobozi wayo muri Afurika yo Hagati n’Amajyepfo, Ndiamé Diop, baganira ku bufatanye mu nzego ziterambere
Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko hakwiriye gufatwa ingamba ziboneye zo guha umugore agaciro n’ubushobozi, kugira ngo abe umufasha mu gukemura ibibazo byugarije Isi muri iki gihe
RBC yagaraje ko u Rwanda rwageze ku ntego yo gukingira abangavu kanseri y'inkondo y'umura ku kigero cya 90% by'intego yari yashyizweho n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Buzima, OMS
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yavuze ko amashuri adakwiye kwitwaza imbogamizi zirimo ubucucike, ngo abanyeshuri batsindwe, avuga ko hari abiga ari benshi bagatsinda hakaba n'abiga ari bake ntibatsinde
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga