Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’Ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa, itegerejwe kubera mu Mujyi wa Conakry muri Guinée, tariki ya 12-14 Ugushyingo 2025
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin, yifatanyije n’abatuye akarere ka Karongi mu muganda, ahatewe ibiti kuri site ya Muciro, abasaba kubibungabunga.
Minisitiri w'Uburezi, Dr Joseph Nsengimana, yagaragaje uburyo Ubwenge Buhangano, Artificial Intelligence, bwifashishwa mu kuzamura ireme ry'uburezi mu Rwanda by'umwihariko nko mu mashuri akigaragaramo ubucucike
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga