Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi yatangaje ko igiye kujya ikorana n'abagoronome bigenga muri gahunda z'ubuhinzi kugira ngo bafashe abahinga mu byanya binini n'abahinzi muri rusange kongera umusaruro
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko abahinzi b’ikawa batazongera guhabwa ifumbire ku buntu
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yayoboye umuhango wo gusoza amasomo ku barenga 6000 barimo ba Ofisiye mu ngabo z’u Rwanda, RDF, Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS
Leta y’u Rwanda yakiriye Abanyarwanda 532 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
AFC/M23 ryatangaje ko ritazongera kubabarira abacanshuro barwanirira ubutegetsi leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk'uko byagenze basohoka mu mujyi wa Goma ubwo yawufataga
Perezida wa Sena, Dr. Kalinda François Xavier, yasabye amadini n’amatorero kugira uruhare mu bufatanye mu gukemura ibibazo bitandukanye byugarije umuryango nyarwanda birimo amakimbirane mu miryango.
Umujyi wa Kigali ugeze kure imyiteguro yo kwakira Shampiyona y'Isi y'Amagare ndetse abayobozi bawo bakanguriye abatuye n'abakorera hafi y'imihanda izanyuramo iri siganwa gutunganya inzu zabo kugira ngo abashyitsi bazasange hasa neza
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Candy Basomingera, yavuze ko Shampiyona y'Isi yo gusiganwa ku magare ibura igihe gito ngo ibere mu Rwanda, igaragaza uburyo rumaze gutera imbere, ndetse yibutsa abikorera ko ari umwanya mwiza wo ko kubyaza aya mahirwe umusaruro
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDCongo, ryanemze igihano Joseph Kabila yasabiwe, rinavuga ko igisirikare cya leta n’abo bafatanya, babagabyeho ibitero mu birindiro byabo, abasivile bane bakaburiramo ubuzima.
Ababyeyi bagenda muri Gare ya Kacyiru bishimiye 'Icyumba cy'Umubyeyi' bashyiriweho bavuga ko kizabakuriraho imbogamizi bahura nazo mu gihe bari kumwe n'abana bato mu rugendo cyangwa bari mu kazi