Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

U Rwanda rwateye imbere mu bice byinshi bitandukanye ariko by'umwihariko mu bikorwaremezo, aho kuri ubu Umujyi wa Kigali uwusangamo inyubako ziteye amabengeza kandi ubonako zatwaye akayabo k'amafaranga
Weekend yageze, akazi wagashyize ku ruhande, telefoni nayo ni uko, uri gutekereza aho watemberera n’umuryango wawe, ukaruhuka nyuma yo y’ icyumweru uri mu kazi
Minisitiri w’Ingabo wa Mozambique, Major General Cristóvão Artur Chume, ari kumwe n’abandi bayobozi bakuru b’ingabo na polisi ya Mozambique, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi
AFC/M23 yatangaje ko yohereje intumwa zayo i Doha muri Qatar mu biganiro ihuriramo n’intumwa za Leta ya Congo, kandi ko basaba iyi Leta gufungura imfungwa zifungiwe i Kinshasa no guhagarika ibitero ku birindiro byabo
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye abayobozi b’inzego z’Ibanze gushyira umuturage ku isonga, birinda kubasiragiza mu mitangire ya serivisi
Amb. Martin Ngoga yagaragarije Akana ka Loni gashinzwe umutekano ko ibikubiye muri raporo iherutse gutangazwa na Human Rights Watch ishinja u Rwanda gufatanya na M23 mu bwicanyi bwakorewe Abasivile muri RDC, ari ibinyoma kandi bigaragaza kubogama kwayo ku ruhande rwa RDC
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo yatangajwe na Human Rights Watch, Ibiro bya Loni bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) n'Ibiro bihuriweho bya Loni bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (UNJHRO), ishinja ingabo z'u Rwanda, RDF, gufasha M23 mu bwicanyi bwakorewe abasivile muri Binza na Rutshuru mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Ambasaderi w'u Rwanda mu Burusiya Joseph Nzabamwita yahuye na Ambasaderi wa Belarus mu Burusiya, Aleksandr Rogozhnik, baganira ku buryo bwo kuzamura imikoranire hagati y’u Rwanda na Belarus
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zitangaza ko zishyigikiye umugambi w’amahoro n’inzira y’ibiganiro hagati ya  AFC/M23 na leta ya RDCongo
Imyaka 28 irashize mu nkambi ya Mudende, hagabwe igitero kigahitana Abutsi b’Abanye-Congo bari muri iyi nkambi iherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda