Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

APR FC yasezerewe mu ijonjora ry'ibanze rya CAF Champions League nyuma yo gutsindwa na Pyramids FC yo mu Misiri, mu majya n'amaza
Ihuriro rya AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe cy’ukwezi kumwe rimaze kunguka abasirikare bakabakaba ibihumbi 20
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Perezida wa RDC, Felix Tshisekedi, yongeye kudobya gahunda y’amahoro, akanga ko hasinywa amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’igihugu cye n’u Rwanda
Umunyamakuru akaba n'umushyushyarugamba, Anita Pendo yifurije isabukuru nziza y’amavuko umwana we w'ubuheta, Gisa Nia Ryan wujuje imyaka irindwi y’amavuko
U Rwanda rwifatanyije n’Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Inyamaswa (World Animal Day 2025), hibutswa akamaro ko kwita ku nyamanswa no gukingira indwara y’ibisazi
Urubyiruko rw'Abanyarwanda batuye muri Afurika y'Epfo bari mu Rwanda mu ruzinduko rwo gusura igihugu ruzamara iminsi 10, rugamije kubafasha kumenya igihugu, amateka yacyo, umuco n'ibikorwa by'iterambere cyagezeho.
Ni amashusho  abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda , ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe mu mwaka w’i 1998.
Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yanze gushyira umukono ku munota wa nyuma amasezerano ahuriweho n’u Rwanda yerekeranye no guteza imbere ubukungu mu karere yagombaga gusinyirwa i Washington DC muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera aba Ofisiye 632, bari bafite ipeti rya Sous-Lieutenant, abaha ipeti rya Lieutenant