Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Inama y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) irasaba inganga z'abakora imyuga itandukanye kuzajya bagira uruhare mu gutegura integanyanyigisho zikoreshwa mu mashuri makuru n'aza Kaminuza hagamijwe kunozwa ireme ry'uburezi bwayo
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Chryso Ndasingwa, yongeye kwibutsa umukunzi we Sharon Gatete, ko ari impano y'agahebuzo Imana yamuhaye mu buzima bwe
Ubuhinzi ni urwego rutanga amahirwe y’iterambere, kandi uyu munsi Leta y’u Rwanda ishyize imbere gahunda yo gushishikariza urubyiruko kwibona mu buhinzi nk’inzira yo kwihangira imirimo, kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no kurwanya imirire mibi
Umunyamabanga wa Leta muri MINAFFET, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye kopi z’impapuro zemerera Casper Stenger Jensen, guhagararira Denmark mu Rwanda, akazaba afite icyicaro i Kigali
Umunyarwenya G-Tuff, umaze kumenyerwa mu biganiro bisetsa ku rubuga rwa Youtube, yatumiwe mu iseka rusanjye rya Gen-Z Comedy, rizaba tariki ya 28 Kanama 2025
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko Umuganda rusange usoza Kanama 2025 uzaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Kanama 2025
Itsinda rigizwe Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] bari kumwe n'abasirikare ba RDF basuye Ingoro y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside ruherereye ku Mulindi