Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Umusirikare wa FARDC wo mu ngabo zishinzwe umutekano w’umuyobozi w’ingabo muri Kivu y’Amajyepfo, ku ruhande rukiri mu maboko ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarashwe na Wazalendo
Urukiko rwa Gisirikare rwanzuye ko abasivile 23 barimo Rugaju Reagan, Mucyo Antha Biganiro na Ishimwe Ricard, bakurikiranwa bari hanze
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo u Rwanda rwakire inama mpuzamahanga igiye kuba ku nshuro ya cyenda ya 'Aviation Africa Summit & Exhibition', ihuza ibihugu bya Afurika hagamijwe kunoza ubucuruzi n’itumanaho biciye mu ngendo zo mu Kirere
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, ari i Singapore aho yitabiriye inama zirimo ihuza ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bo muri Afurika na Singapore (SAMEV), ndetse n’Inama Mpuzamahanga y’Ubucuruzi hagati ya Afurika na Singapore (ASBF)
Umujyi wa Kigali washimiye urubyiruko rw'abakorerabushake rwo mu Mujyi wa Kigali, uruhare n'umuhate bagira mu bikorwa bitandukanye bigamije iterambere ry'uyu mujyi
Kubyara ntacyo wabinganya ndetse iyi ni ingabire itangwa n’Uwiteka, uyibonye atumbira ijuru agashima Rurema yicishije bugufi. Mu muco Nyarwanda kubyara biribuhwa cyane kugera naho bishyirwa mu ndamukanyo aho uhura n’umuntu akakuramutsa ati “Gira abana”
Chantal Kamashazi, ni umwe mu rubyiruko ruri ku isonga mu guhanga udushya mu buhinzi no kurengera ibidukikije, aho yashinze kompanyi ya 'Mind Valley Rwanda Ltd' itunganya imyanda ikabyazwamo ifumbire, hagamijwe guha abahinzi amahirwe yo kongera umusaruro wabo
Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa RDC, Wazalendo yateje akavuyo mu muhango wo gushyingura Colonel Patrick Gisore uheruka kwitaba Imana azize impanuka y’indege.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame , akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yongeye kwibutsa ko u Rwanda nta ruhare na ruto rugira ku bibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika yayoboye umuhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahagiye gukorerwa umushinga wa Ramba Hills, ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 80 z’amadolari ya Amerika rizubakwa i Kigali